
RadioTv10 Rwanda
@Radiotv10rwanda • 481,368 subscribers
Official Account of Radio/TV10. Rwanda's Number One Private Radio&TV Station! Simply Rwandaful, Customer Care: +250784444444 [87.6 FM, 99.0 FM, 93.6 FM]
Shorts
Videos

Umunyamakuru Oswald Oswakim yasobanuye ko yibeshye ubwo yavugaga ko aje gukemura ikibazo imbere y’umukuru w’igihugu asobanura ko yashakaga kuvuga ko aje gufasha mu rwego rwo gushaka umuti w’ikibazo cyaganirwagaho hagati ya Minisitiri Olivier Ndihungirehe na Mutesi Scovia.
RadioTv10 Rwanda22,495 просмотров • 3 дней назад

Ashton Hall yongeye gukora ku mitima ya benshi ubwo yashyiraga ku mbuga nkoranyambaga amashusho agaragaza ibihe bitandukanye yagiranye na Ashton Small, Kagarara na Ashton India, ayaherekeza ubutumwa bugira buti: “Amafaranga nta cyo amaze iyo udafite abavandimwe.”
RadioTv10 Rwanda24,072 просмотров • 15 дней назад

“Nanjye nzaba mpari.” Umunyamakuru Rugaju Reagan yambariye kuzitabira igitaramo cy'amateka cya Ambassadors of Christ kizabera muri BK Arena tariki ya 30 Kanama 2026 aho aba baririmbyi bazaba bashima Imana yabanye nabo mu rugendo rw’imyaka 30 bamaze mu ivugabutumwa mu ndirimbo. #30YearsOfAOCC #BKArena30August2026 #GodPaintedOurStory
RadioTv10 Rwanda35,400 просмотров • 25 дней назад

Taleb Abderrahim utoza APR FC, yavuze ko iyi kipe itabonye igihe gihagije cyo kwitegura CECAFA Kagame Cup 2026.
RadioTv10 Rwanda14,087 просмотров • 1 месяц назад

Umushoramari Munyakazi Sadate yahuye na Senateri Senator Dr.Frank Habineza bigeze guterana amagambo.
RadioTv10 Rwanda48,182 просмотров • 6 месяцев назад

Nyuma y’uko umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, atangaje ko kunyanyagiza amafaranga ku bantu yaba mu bukwe, mu baturage uyajugunya mu kirere bitemewe ndetse bigize icyaha, umuvugabutumwa wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Prophete Joshua Le Voyant yongeye gutungura The Ben amuha amafaranga.
RadioTv10 Rwanda100,840 просмотров • 1 год назад

Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi cyabereye muri Koreya y’Epfo ku wa 7 Mata 2026, Dr Lee Rae Ha wigisha muri African Institute of Technology (UAIT), yakoze ku mitima ya benshi ubwo yaririmbaga indirimbo “Ese Mbaze Nde” ya Suzanne Nyiranyamibwa ayicuranze ku mwirongi.
RadioTv10 Rwanda26,694 просмотров • 4 месяцев назад