
Urinde Wiyemera?
@kemnique • 231,332 subscribers
Nothing more important than friends. Rayonsport fan /REG BBC/ member of @SMVenturesrw./ Email: [email protected]
Shorts
Videos

Hari impamvu Rema Ahabwa $200K abo mu Rwanda bakabaha $2K Hano uhita ubona Difference.
Urinde Wiyemera?46,818 Aufrufe • vor 2 Tagen
2:09
Sensitive content
This media may contain sensitive content.

Ukigera muri Parking ya BK Arena, ntushobora kumenya niba Amstel ari mu bateye inkunga iki gitaramo 🤣🤣 kuko bayibamanije . Bategetse ko badashaka ubusinzi!! Nta mukobwa wabona wambaye ubusa nk’uko byari bisanzwe 🤣🤣. Uwari waje yambaye isengeri igaragaza uko ateye, yahise asubira mu rugo guhindura imyambaro. 😂 Gusa muri Parking 🅿️ ya BK Arena abantu bamaze kuba benshi cyane, mu gihe dutegereje umuhanzi wa mbere uri busohoke kuri Stage. Gahunda y’uyu munsi ni imwe…
Urinde Wiyemera?112,589 Aufrufe • vor 11 Tagen

Birababaje Ibi bintu byo kuzimya ibyuma Ntago bikwiye ngo ni amasaha Diamond yashakaga gukomeza kuririmba kugeza mu gitondo 😂ariko bamuzimirijeho ibyuma! Yageze aho abwira abafana ati: “Barimo barankura kuri stage kandi nageze hano kare bagashyiraho abandi bahanzi. Njye mfite ubushobozi bwo kuririmba kugeza mu gitondo, ariko mwihangane ndabakunda.” 😂
Urinde Wiyemera?69,085 Aufrufe • vor 10 Tagen

If you crying 😭 at the same time laughing 🤣 let me see your hands up 👋👋
Urinde Wiyemera?1,036,749 Aufrufe • vor 6 Monaten

Murimo Kubyita Discipline👀 Ntango nzi imbaraga zirimo gukoreshwa mu kugenzura imyambarire y’abakobwa, ariko honestly, it’s too much. 😔 Hari igihe usanga hakoreshwa imbaraga zirenze izikwiye. Aba bana b’abakobwa bakeneye kubahwa, no guhabwa ubutabera, aho gukorerwa ibintu bidakwiye kandi woe wabinona ukabona ntacyo bitwaye. Ndabivuga nk’umuntu wari uhari kandi ubibona: hari ibintu bikwiye gukorwa mu buryo bwubaha uburenganzira n’agaciro k’umwana. They need justice, not excessive force.
Urinde Wiyemera?35,241 Aufrufe • vor 10 Tagen

Ni gute uba uri mu mwanya wo kubaza H.E. ukamubaza ibindi, aho kumubaza impamvu Miss Rwanda itagaruka, kandi kuba harabayeho amakosa ya bamwe bitagakwiye kwambura abana b’abakobwa amahirwe yabo mu gihe cy’imyaka igera kuri 5? Nguwo wa Content Creator wabahagarariye. Nizere ko ibibazo byose mwifuzaga kubaza yabibajije. Bamwita Kayumba Darina, igisonga cya Miss Rwanda.
Urinde Wiyemera?51,032 Aufrufe • vor 16 Tagen

Fata urushyi n’ubwo yaba ari Prank ariko tuba twaribanyujijemo… abagabo bari abakera😂😂😂😂😂😂
Urinde Wiyemera?48,481 Aufrufe • vor 27 Tagen

Ati Wavuze ko Abishe uburezi mwiganye😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭 Mutabaruka👀👀👀👀👀
Urinde Wiyemera?40,739 Aufrufe • vor 1 Monat