
RadioTv10 Rwanda
@Radiotv10rwanda • 477,436 subscribers
Official Account of Radio/TV10. Rwanda's Number One Private Radio&TV Station! Simply Rwandaful, Customer Care: +250784444444 [87.6 FM, 99.0 FM, 93.6 FM]
Shorts
Videos

Mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi cyabereye muri Koreya y’Epfo ku wa 7 Mata 2026, Dr Lee Rae Ha wigisha muri African Institute of Technology (UAIT), yakoze ku mitima ya benshi ubwo yaririmbaga indirimbo “Ese Mbaze Nde” ya Suzanne Nyiranyamibwa ayicuranze ku mwirongi.
RadioTv10 Rwanda26,681 views • 2 months ago

Nyuma y’uko umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, atangaje ko kunyanyagiza amafaranga ku bantu yaba mu bukwe, mu baturage uyajugunya mu kirere bitemewe ndetse bigize icyaha, umuvugabutumwa wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Prophete Joshua Le Voyant yongeye gutungura The Ben amuha amafaranga.
RadioTv10 Rwanda100,840 views • 1 year ago

Umurenge wa nyarugunga w’injije imisoro isaga miliyari 2 mu mwaka w’imisoro 2025/2026, Umunyamabanga nshingwabikorwa w’uyu murenge TUYISHIMIRE Fiacre,avuga icyatumye imisoro yiyongera byatewe nuko abikorera bazamuye imyumvire basobanukirwa im isoro n’akamaro kayo. Yabigarutseho kuri iki cyumweru mu nteko rusange y’urugaga rw’abikorera mu murenge wa nyarugunga,akomeza agaragaza ko hari ingamba zikomeye zizatuma imisoro yiyongera mu mwaka utaha.
RadioTv10 Rwanda15,834 views • 2 months ago