
Munyakazi Sadate
@SadateMunyakazi • 242,499 subscribers
Rwandan 🇷🇼
Shorts
Videos

Aho ndi PARIS imihanda irakubuye rwose ntako baba batagize
Munyakazi Sadate83,103 Aufrufe • vor 1 Monat

Umunsi w’ejo hashize nagize amahirwe yo guhura na Motar Nyituriki Pamphile Umusore wirwanaho; Uyu mugabo twaganiriye umwanya utari muto kandi namushimiye kubwu Rukundo amaze igihe kinini angaragariza abinyujije kuri Social Media ze; Umwaka urenga akoresha Social Media ze agaragaza urukundo ankunda n’uburyo ibitekerezo byanjye byamugiriye akamaro mu buzima bwe; Sadate MUNYAKAZI Inshuti y’urubyiruko
Munyakazi Sadate70,765 Aufrufe • vor 1 Monat

Tariki 15 Nyakanga 2026 Turi mu kwezi kw’intsinzi ku nshuro ya 4 yikurikiranya buri mwaka #KARAMERWANDALTD yongeye guha amahirwe aba jeunes kugira ngo bimenyereze umurimo mu biruhuko, bazamara iminsi 30 batozwa gukunda umurimo, gukunda igihugu Ndetse bahabwe agafaranga ( 150K ), Mbere yo gutangira babwirwa amahame yacu kandi bakaganirizwa uko bagomba kwitara, aba jeunes bose Hamwe ni 20 hakaba hari abandi bazaza bavuye mu bizamini bya Leta, Erega uru Rwanda ni urwacu ntawurutuburanya, Period Uku Niko kuba inshuti n’urubyiruko mba mbabwira Sadate MUNYAKAZI inshuti y’urubyiruko, inshuti y’abanyarwanda akaba UMUKUNZI w’Imana ( Al walliyu )
Munyakazi Sadate54,811 Aufrufe • vor 1 Monat

HARI IGIHE ISI IZUNGURUKA NDETSE IKAZUNGA PEEE hahandi umuntu yumva agiye gucika intege ukumva rwose urimo kujya hasi, hakaza umuntu akagusubizamo imbaraga zose, Uyu musore Uri muri iyi vidéo rwose unsubije mu Mbaraga, Nubwo nta kuzi ariko Imana izamfashe kukubona,
Munyakazi Sadate66,089 Aufrufe • vor 2 Monaten

Mbonye iyi vidéo ya Ambulance yabujijwe gutabara uri mukaga numva agahinda. Leta yacu irirya ikimara igashaka uburyo ( Budget) bwo kugura Ambulance 🚑 zo gutabara abari hagati y'urupfu n'ubuzima, abandi nabo bakigira nkaho nta cyabaye. Kudaha inzira Ambulance ni ubugome ariko kdi ababishinzwe nabo bakagombye kubitangaho umurongo, ibyo ( gutanga umurumongo ) ntibisaba Budget bisaba gusa guha ibintu agaciro no kwita ku nshingano abantu bahemberwa. mukuri ibyo uyu mugabo wafashe vidéo avuga nibyo, birababaje ko umuntu yaba arimo gucikwa n'ubuzima undi akamwima inzira kubera ibitaka arimo gupakira. BYAGENZE GUTE NGO AMBULANCE ZITABARA ABARI MU KAGA ZAMBURWE UBURENGANZIRA BWO KUBA NTA KUMIRWA? 🤔🤭🫢
Munyakazi Sadate197,580 Aufrufe • vor 1 Jahr

INGABO ZIRWANIRA KURI SOCIAL MEDIA, Umunsi mwiza wo KWIBOHORA. Nshimiye byimazeyo Ingabo zose zirwana urugamba rutoroshye kuri Social Media, uru Rugamba rugamije kurwanya Ingengabitekerezo ya Jenoside, kurwanya ikinyoma n’urwango rw’Umwanzi wese w’u Rwanda ugamije kudusubiza aho twavuye. Uru Rugamba tururwana mu rwego rwo kwimana u Rwanda kandi ibi ni Umurage wabatubanjirije Ndetse ni Umurage wabazadukomokaho; umurimo mukora muwukorera igihugu cyacu kandi nta kindi gihembo mutezemo uretse kubona u Rwanda rwanda kandi rutekanye; Uyu murimo, ushyira benshi muri twe kuri Target ya HADUI Gusa nti muzacike intege, U Rwanda nk’igihugu twageze habi hashoboka tubasha kuvayo, twaciye mu bimene by’amacumu nti twapfa ntago tuzatinya ibimene by’ibicuma; Urugamba turiho tuzahura na HADUI mu mayeri menshi ariko twese dufatanyije amayeri tuzayavumbura kandi buri gitero cy’umwanzi tuzagitsinda; Muzatukwa, muzaharabikwa, muzabeshyerwa ibyaha, Yewe muzaterwa ubwoba mushyirwe ku gitutu ariko Icyaha kimwe ntabanarira ni ugutsindwa; Abanyarwanda ku Rugamba ntidusubira inyuma uyu ni Umurage w’abatubanjirije. Reka nisabire abanyarwanda, Mureke twitondere amayeri y’Ibigarasha, hato tutazashiduka umwanzi asigaye adukoresha mu nyungu zo kwikiza Ingabo zimumereye nabi Kuri Social Media, bikarangira dufasha ( HADUI ) tutabizi .
Munyakazi Sadate25,620 Aufrufe • vor 2 Monaten

QATAR yabaye igihugu cya mbere cyitandukanyije n'AMERIKA, QATAR yambuye AMERIKA uburenganzira bwo gukoresha Base mukugaba ibitero kuri IRAN. QATAR kandi yashyikirije IRAN miliyari 6 zama EURO zari zarafatiriwe kubera ibihano inongeraho miliyoni 300 zimpozamarira.
Munyakazi Sadate40,977 Aufrufe • vor 5 Monaten

Umwaka ushize Amakuru y"ibanga yibwe Ingabo za UKRAINE yagaragaje ko zatakaje abasirikare barenga 1 740 000, bikimara kujya hanze Ukraine yarabihakanye cyane, uyu munsi nguko uko abasore bajyanwa mu gisirikare mu cyiswe Mobilisation générale kandi bimaze imyaka irenga ibiri ari uku hakorwa recrutement. Umusore ujyanywe gutya mu gisirikare ntiwakwizera umusaruro we. Ubuyobozi bwiza n'inkingi y'amahoro n'umutekano, ibi rwose mujye mwishimira ko tubifite.
Munyakazi Sadate52,532 Aufrufe • vor 7 Monaten

Spécialement pour les peuples Congolais, ecoutez bien jusqu'au dernier seconde.
Munyakazi Sadate97,946 Aufrufe • vor 1 Jahr

Ubundi ntago bitangaje ko umuntu yantungura kuko abantu ni babi peee sinjya ntungurwa n'ububi bwanyu ariko uyu Dr. RUSA arambabaje, ni gute umuntu nizeraga yigira injiji kugera aha. Bwana DR. RUSA ndagira ngo unsubize ibibazo bitatu gusa : 1. Igice cya Congo wavuze cyabaye u Rwanda ku Ngoma ya Kigeli IV Rwabugiri cyangwa na mbere ye cyari icy'u Rwanda, unsobanurire Abami b'u Rwanda baguye u Rwanda kugera hariya? 2. Ni ryari muri Afrika habayeho imipaka ihoraho? Mbere yiyo mipaka ihora byagendaga gute ? 3. Congo yahanzwe nande ? Muwuhe mwaka ? Nunsubiza ibi bibazo ndamenya uwo nganira nawe,,, Bwana Dr. Mugesera nako Rusa Rero wa mugabo reka nkucire umugani wa kinyarwanda 《 UKO INKENDE YURIRA IGITI CYANE NIKO IBA IRUSHAHO KWEREKANA UBUSA BWAYO 》 nawe unyeretse ubwawe urakoze, Ababaababbab. Ariko muzaba bazima ryari ? Nshuti zanjye munkurikiye, uyu mugabo ibyo yavuze ndahamya ko 90% yabikoze azi neza ikinyoma cye, ahubwo urwango n'umutima wa gitindi niwo wamuteye kuvuga amahomvwa ya mangambure nkaya. Ikintu maze kubona niyo babarunga gute muzakomeza kuba isogo, muri babi peee sinzi uzabakesha aho azava. Ubutaha nujya kuruka ujye uruka ibyo kwa POUTINE ibyo MUBAZUNGU n'ahandi nkaho ariko PLZ ntuzakinire ku gihugu cyacu n'amateka yacyo, OYAAAA PEEE. Kuba uri Dr. utunzwe na Views simbitindaho, icyo nshaka kuvugaho nuko zagutunga utaroshye abanyarwanda ugoreka amateka y'Ubutwari bwacu. STOP
Munyakazi Sadate79,926 Aufrufe • vor 1 Jahr

MUNYUNGUURUSANGE ABAKUNZI B'UMUPIRA MWAKAGOMBYE KUTEMERA IBADAKWIYE MURI RUHAGO YACU. I am a supporter and a big fan of Rayon Sports ( Mucyeba w'ibihe byose wa APR F.C. Official), but I cannot remain silent in the face of injustice. The decision to disallow APR FC's goal is unjust and unacceptable. Football must be played with integrity and respect, and the best team must win. I strongly condemn this decision and demand justice for APR FC! Rwandan football cannot continue with this kind of injustice; it is time to take steps to ensure fairness and transparency in our competitions! As I have always said, I never accept injustice, and I will not remain silent. I will always defend what is right! #JusticeForAPR #FairPlay #RwandanFootball 😊 Je suis supporteur et grand fan de Rayon Sports, mais je ne peux pas rester silencieux face à l'injustice et MAGUYI. La décision de refuser le but de l'APR FC est injuste et inacceptable. Le football doit être joué avec intégrité et respect. Je condamne fermement cette décision et demande justice pour l'APR FC et FOOTBALL Rwandais en général, Comme je l'ai toujours dit, je n'accepte jamais l'injustice et je ne reste pas silencieux face en l'injustice, je défend toujours ce qui est juste !! #JusticePourLAPR #FairPlay" 😊
Munyakazi Sadate44,781 Aufrufe • vor 7 Monaten