Sensitive content

This media may contain sensitive content.

Загрузка видео...

Не удалось загрузить видео

На главную

Myralachula

51,531 просмотров • 4 месяцев назад •via X (Twitter)

Комментарии: 0

Нет доступных комментариев

Здесь появятся комментарии из оригинального поста

Похожие видео

Ikoranabuhanga ry’ ubwenge buhangano (AI) ubu ryabaye kimwe mu bigize ubuzima bwacu bwa buri munsi. Rihindura uko dukora, uko tuvugana n’abandi n’uko dutanga serivisi. Iyo rikoreshejwe neza rituma umusaruro wiyongera kandi rikadufasha gutanga serivisi ku baturage mu buryo bwiza. Bijyanye n’icyerekezo cy’u Rwanda cyo kwihutisha ikoranabuhanga, Leta yashyizeho amahugurwa ya AI agenewe buri wese mu nzego zose hatitawe ku nshingano umuntu afite cyangwa ubumenyi asanganwe bw’ikoranabuhanga. Aya mahugurwa yateguwe ku buryo yoroheye buri wese kandi asaba amasaha make mu cyumweru. Asobanura icyo AI ari cyo, uko ikora, n’uko yakoreshwa mu mirimo yacu ya buri munsi. Ni ingenzi ku bakozi bose ba Leta gukora aya masomo. Inzego bakoreramo ziteguye kubashyigikira ku buryo bakora aya masomo kandi bagakomeza imirimo yabo ya buri munsi. Umukozi ahitamo amasomo yihuguramo niba ari umutangizi (Beginner) cyangwa niba asazwe akoresha AI (Intermediate). Uhisemo kwiga amasomo yagenewe abatangizi, yiga amasomo ane (4 courses) kandi akabona ibyemezo bine (4 certificates). Uhisemo kwiga amasomo yagenewe usanzwe akoresha AI, yiga isomo rimwe (1 course) akabona icyemezo kimwe (1 cerficate). Nyuma y’amahugurwa, ibyemezo (certificates) abakozi ba Leta bahawe bishyirwa muri IPPIS nk’uko n’ibindi byemezo abakozi ba Leta babonye mu bindi bihe bitandukanye bishyirwa muri IPPIS. Turashishikariza abakozi bose gusoza aya masomo mu gihe cyagenewe, bikabafasha kubona ubumenyi buzazamura ubushobozi bwabo mu gutanga servisi za Leta.

Ministry of Public Service and Labour | Rwanda

22,612 просмотров • 7 месяцев назад

Ball thaniya aaduthu
0:36

Sensitive content

Ball thaniya aaduthu

remo

297,549 просмотров • 22 дней назад