Загрузка видео...
Не удалось загрузить видео
Ngayo nguko 🤭
35,057 просмотров • 10 дней назад •via X (Twitter)
Комментарии: 35

Niba hari ikintu kinjagaraza muri aka gatwe kanjye gato ni umukobwa/umugore unsaba amafaranga, icyakora ari #UMUGORE wanjye nakoye uwo we rwose ifaranga ryanjye agomba kurikirigita da, kuko mba naremeye gushakana nawe tugasangira byose. Aba bana b'i Kigali, iyo yibonamo ubwiza, ako kanya yumva niba umubwiye ko wamukunze, ahita akugerekaho fagitire ya cosmetics zose akeneye, ukajya unamuha GIRL FRIEND ALLOWANCE ya buri cyumweru, gerekaho kumuhahira buri kwezi (groceries shopping), utanareba neza rwose hakazaho no kumwishyurira RENT. Mbese aba ari urugo utunze rwose we ari aho adamaraye ntacyo bimubwiye, wananirwa akifatira undi mugabo gutyo gutyo akaba uko nyine atunzwe n'abagabo batandukanye.

Ariko ubundi who told you ko kuba umuhungu cg umugabo yakundana n'umukobwa cg Umugore ari amahirwe y'uruhande rumwe ?

Uziko yabigize scientific 😏😂

Why should you be given money? Don't you have a brain to work for yourself and get money?

Komeza ubashuke nibagwa kuziko uzabarongora

hahahah ati amahirwe!!guhura nawe nibyo byago naba ngize mu buzima, singahure nawe

. N’agahabwe ivu! . N’ukuntu basigaye bahenze muri dote? Étiquette/price tag baba bambaye kuri dote iteye ubwoba, iby’urukundo byo reka tube tubyibagiwe kuko byarangiye kera.

Ndebera nkuyu ubuse umusore yamutereta akazagura ikibanza akarundarunda akazi kandi ubu hari ikihebe cy,umuhungu uzamwiyahuraho ngo ashyize murugo umugore koko

Mwashatse amafranga yanyu mukifata neza, mukareka kuba Parasite kubagabo

Uyu mukobwa afite ukuri aho avuga ngo 'police cg RIB biyireba gute'!

Ariko sha mwahaze ! What nonsense is this ? Go get a job baby girl what mentality is this ? 2026 really ?

ikindi nuko Bose bamaze kumera niyo kamere hafi yabose noneho iyo avuka nkiwabo ntakintu bafite afite Ako gasura yumvako azarisha innyo nkuruyuki utabishoboye nibo uzabona mutubari Aho abona adresse yihuta cg ahandi hahurira Ahantu benshi nubukene nabwo nibubi bwangije Abagore

Uyu mukobwa yarumvise arenzaho no kumvirana.Niba basobanura urukundo rugambiriye ubutekamutwe abihuza ate no guhabwa cash n'uwo ukunda.Barasobanura amakenga n'umugambi mubi mu rukundo we akumva kubuza guhabwa cash.Ariko banza ashaka kumenyekana kuko simpamya ko atabisobanukiwe

Ubwenge bwaratbereyeeeeee keraaaa

Izi sujets mba mbona ntakirimo

Frr, let's be selfish ladies be your daddy make your sugar

Mumubwire ko abandi bakobwa bayobotse umurimo basigaye bafite amafaranga kurusha na basaza babo ,naho abo bashiki ba Dr.M,bafite akazi ntibasabiriza namba.

Uyu imana irema yarahari

Hahhhhhhh Mujyane Busa bwanyu mwa Injiji mwe. Mukwiye Kumenya ko Iyo mwambaye Ubusa Tubita Indaya Kabobo, Ntitubakunda Kuburyo Twabashyira mu mago. Dukunda Abambara neza bakikwiza

Uyu we yishakiye ingagi kubera amafranga 🤣🤣🤣

#1.umusore ashobora gutanda amafaranga ariko abyibwirije ariko adatinya gutakaza uwo bakundana #2. amafaranga ntabwo agomba kuba umusingi w'urukundo.kuko iyo ashize urukundo rurashira. umukobwa ushingira umubano ku mafaranga si mwiza kuko biba ari nta BANK TRANSACTION

Ibyo uvuga nibyo sister,umugabo utaguha uwo ujye uhita ukuramo akarenge hakiri kare .abagabo Imana yabaremanye irari ndetse no kwikunda.

That’s true Ntago ibyo biba bireba inzego kabisa, bafite byinshi bahigiraho bitari kwinjira mubuzima bwabagore nabakobwa

Injiji gusa yababajwe no kuba babujoje ngenzi zayo uburaya. Indaya Nizo zihabwa amafaranga Kandi Nizo zitwako zirya ayabasore. Ndumva nawe arirwo rwego yahise yiyumvamo niyompamvu yababaye 😂 Naho umubyeyi wahawe amafaranga numugabo we cg umuhungu we ajemo ate cg umugore 😂🤣

Uyu mukobwa ibyo avuga arabyemera , yashatse umugabo ufite imyaka 70

Ubu buba bwarakuriye mubucyene umururumba ntikawushira niyo wagaha HoHo yose kdi ubu kabuze ibiginga byi bigabo biyagaha aka kakwiba

Abahungu nabagabo dufite Inama 😆🤣👊🏼

Ubwenge bwabakobwa bamwe mabamwe buratangaje uti umusore utaguha amafranga ntukamuhe amahirwe yogukundana nawe ? Gukunda nawe biranyinjiriza iki gituma ngushoramo cash zanjye mbona nakobokeye ? Nimwige gukora mwishakemo igisubizo byibibazo byanyu mwogutega amaboko

She is Right

Arashukwa nimyaka afite, namara kujyera muri 35 ntamugabo ntazaba akibivuga bino, gusa ikiza bahaguruka nabo bagakora bakareka gutejyera amaboko abagabo babandi, naho abasore bo ntayo dufite yo kubaha,tuzayaha abo tuzashyira mumago kandi abatecyereza nkawe ntibarimo

Mujye mukora mwebwe

Yes men are selfish cyaneee but the solution is not to expect money from them. The best thing a woman can do for themselves is work hard and get their own money! A man’s money is his, if he gives it to you azabikuryoza!

Uyu afite ikibazo k'imitekerereze. Akwiye kugirwa inama kuko asa nk'uwataye umutwe. Cgw se bakamukoza muri rehabilitation center.

Ngegera😂😂😂😂

Winshuka Sha kuko ndabona ufite agasura kazima rero wishinga innyo yundi iyawe ikarangara
