
NIWEMWIZA Anne Marie
@Annemwiza • 320,867 subscribers
Dedicated Journalist | Committed to Accountability, Fairness, and Professionalism with Integrity | Social Media Specialist | IVLP Alumni |📍My tweets are my own
Shorts
Videos

Nkunda ukuntu Grace atanga ibitekerezo yiterera urwenya. Ibi bintu avuze, urabyumva ute???
NIWEMWIZA Anne Marie31,871 Aufrufe • vor 2 Tagen

Nyuma yo kumenya icyatumye umwana witwa Uwamariya Leontine wari wahize abandi mu bizamini bisoza ikiciro rusange, atagaragara hamwe n'abandi umunsi wo guhabwa ibihembo, nyakubahwa Claudette Irere ati ni ikosa administrative, kd reka tubusabire imbabazi. Nkunda ukuntu uyu muyobozi ari humble🫶
NIWEMWIZA Anne Marie49,959 Aufrufe • vor 19 Tagen

Abo duhuje umushinga wo kwigurira agafanta, mundangire aho mwicaye nkumbuye ka coca gakonje🤣🤣🤣🤣
NIWEMWIZA Anne Marie35,130 Aufrufe • vor 17 Tagen

Igitondo cyiza kuri ba Gawudiyoza. Isabato nziza kuri mwese. 🤣🤣
NIWEMWIZA Anne Marie18,765 Aufrufe • vor 1 Monat

Akantu ko gukora training nyuma yo kugura imodoka ni ko karenze. Kuki batihuguye mbere, ngo noneho binabafashe kumenya ko koko iyo modoka icyenewe, bityo ninaza bazabe bazi ko ihuye neza n'iyo bakeneye??? Cyakora IGIHE mwakoze kiri iyi video. Niba mufite izindi munyihere bavandi. Mwamenyera umujyi ugira komite ishinzwe gutanga amasoko??
NIWEMWIZA Anne Marie32,727 Aufrufe • vor 2 Monaten

Haloooo, muravuzweeee. Umvaaa, nimuze twisobanure. Harya wa mugani biterwa n'iki???
NIWEMWIZA Anne Marie22,054 Aufrufe • vor 1 Monat

Wowe ibi #UbyumvaUte??? Urabivugaho iki? Duhurire muri comments 🫶
NIWEMWIZA Anne Marie37,648 Aufrufe • vor 3 Monaten

Nyakubahwa Minister, umubyeyi mu bana aca urubanza araramye. Ntarema urwango cg ngo ateranye abo ashinzwe kureberera. Ntatererana ugeze ahabi cg uguye mu makoza, ahubwo amukebuza ubugwaneza, agahora aharanira ko ubumwe n'urukundo biganza mu bo areberera. Iyo bitabaye ibyo, umwe yataka ntiyumvwe, yatabaza akimwa amatwi, umuryango ucikamo ibice, abatoneshwa n'abatereranwa bagahora bahanganye kd ibi ntibikunda kurangira neza. None rero mubyeyi, inzego z'iperereza nizikore akazi kazo, ariko namwe nk'abashinzwe aba bajeunes muhaguruke mukemure ikibazo gihari, kd mubikore kibyeyi ntawe uhutajwe. Si non, uhinga ataba urwiri aho kururandura, biratinda rukamera kuruta imyaka ndetse yareba nabi akanarumbya. Mugire umunsi mwiza
NIWEMWIZA Anne Marie162,764 Aufrufe • vor 1 Jahr