
Dushime Evode (Gladiator OG)
@gladiator_1st • 63,571 subscribers
Senior Social Media Manager @IGIHE Entertainment Journalist @IGIHE Digital Contents Creator. 🇷🇼🎶✍️
Shorts
Videos

" Bamwe babifata nko kutiyubaha, ubusinzi, uburwayi bwo mu mutwe, uburara, n'ibindi byinshi. Ariko abandi ibi ni ibyishimo bya Nyagasani watubatuye" Umunyamakuru Umukazana Germaine wa KT Radio agaruka ku mibyinire ye idakunze kuvugwaho rumwe n'abakoresha imbuga nkoranyambaga. Cheza Mziki. 🇷🇼🎶🔥
Dushime Evode (Gladiator OG)79,587 次观看 • 1 个月前

🔴 | Nyuma yo kwakira agakiza, Kwizera Emelyne ‘Ishanga’ , yagaragaye atanga ubuhamya mu rusengero rwa The Enlightened Christian Fellowship, ruherereye Kimironko mu Mujyi wa Kigali. Tariki ya 08 Ugushyingo 2025, ni bwo Emelyne yabatijwe mu mazi menshi na Pasiteri Didier Habimana wa Zion Temple Kimironko, mu butumwa yanditse kuri konti ye ya Instagram icyo gihe nyuma yo kubatizwa uyu mukobwa w’imyaka 24 y’amavuko yavuze ko ubuzima bwe buhindutse burundu, ndetse ashimira Imana ku gakiza yakiriye. Imana ni nziza cyane. ❤️❤️
Dushime Evode (Gladiator OG)39,174 次观看 • 23 天前

🚨🚨 | Ashton Small ari mu batanze ibihembo ntabwo yagihawe. Yatoranyijwe ngo atange igihembo mu cyiciro cy'abafite ubumuga, aho yagihaye koperative y'abagore bafite ubumuga bwo kutumva ( United Deaf Women Cooperative (UDWCO) bitewe n'umushinga wabourimo udushya. Ntabwo Ashton Small yigeze ahembwa!
Dushime Evode (Gladiator OG)14,147 次观看 • 8 天前

🚨WATCH🚨 During the match between Musanze FC and APR FC Yesterday, the bouncer was seen stopping , Rwanda Defense Force Soldiers from entering the VIP seats areas at Ubworoherane Stadium where the match ended with Musanze FC defeating APR FC 3-2. The Bouncer told them that they must have tickets and show them to him , But They eventually entered. in a way that he could not understand. #RPL
Dushime Evode (Gladiator OG)155,582 次观看 • 8 个月前

🔴 | Umunyamakuru wa Siporo kuri Radio SK FM, Kazungu Claver , Kazungu Claver , yatangaje ko bimutungura kuba hari abantu batajya bemera ubusesenguzi bwe kuri ruhago, ahishura ko ari ibintu afitemo uburambe bw'imyaka 44 bityo ko ibyo avuga byakagiriwe icyizere. Ati " Birashoboka ko nshobora kwibeshya nk'umuntu, ariko ku burambe mfite bw'umupira n'akanwa kejejwe biragoye kumpakanya" Ibi yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Gasana Nerva ukorera SK FM, cyagiye hanze ku wa Gatandatu, tariki ya 09 Gicurasi 2026 nyuma y'umukino w'umunsi wa 31 wa BK Pro League , aho Rayon Sports yatsinze Marine FC ibitego 2-1, kuri Kigali Pelé Stadium.
Dushime Evode (Gladiator OG)35,993 次观看 • 2 个月前

🔴 | Ese birubahirizwa.!? Nyuma y'uko Umujyi wa Kigali utangije gahunda y'igisate cy'umuhanda cyihariye cy'imodoka zitwara abantu mu buryo bwa rusange 'Bus' . Umunyamakuru wa KT Radio, Umukazana Germaine yagiye kwirebera niba koko byubahirizwa, yicara muri iki gisate. Iyi gahunda yatangijwe ku wa Gatanu, tariki ya 24 Mata 2026 mu mihanda imwe n'imwe yo mu Mujyi wa Kigali ifite iki gisate. Umukazana akorera imbere cyane. 😂 Umunota . 📖
Dushime Evode (Gladiator OG)33,325 次观看 • 2 个月前

🔴 | Umunyarwandakazi Sherrie Silver wakuriye mu Bwongereza, yagaragaje ko atazi impamvu mu muco Nyarwanda, abantu bakorana mu kiganza nyuma yo guhoberana. Ati " Banyarwanda mwansobanurira impamvu ari ingenzi gukorana mu kiganza nyuma yo guhoberana?" Sherrie Silver w'imyaka 32 y'amavuko, avuka ku babyeyi bombi b'Abanyarwanda gusa we n'umubyeyi we "Mama" Florence Silver, bimukiye mu Bwongereza afite imyaka itanu nyuma y'uko Se yishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Sherrie Silver wamubwira ko impamvu ukora umuntu mu kiganza mumaze guhoberana ari iyihe?? 🇷🇼✨🤝 Umunota . 📖
Dushime Evode (Gladiator OG)38,282 次观看 • 3 个月前

🔴 | BREAKING!! Umunyamakuru Jado Max yagarutse kuri Kiss FM aho azajya akora mu kiganiro cyitwa ' Kiss Drive' , kiba kuva ku wa Mbere kugera ku wa Gatanu, Saa Kumi kugera Saa Mbili z'ijoro. Jado Max yari amaze iminsi akorera Isibo TV, yagiyeho avuye kuri Urban Radio. Jado Max ni umwe mu banyamakuru bafite ubumenyi ku mikino ndetse n'imyidagaduro, ibimwemerera gutanga umusaruro mu biganiro nk'ibi bitamusabye gukora iyo bwabaga Amahirwe Masa Jado Max. 🇷🇼📈📻 Umunota . 📖
Dushime Evode (Gladiator OG)35,120 次观看 • 3 个月前

🔴 | Dore Abanyamakuru 15 bakomeye bamaze kuva kuri RBA guhera mu 2020. 1. Jean Pierre Kagabo 2. Gerard Mbabazi 3. Abayezu Assumpta 4. Tidjara Kabendera 5. Epa Ndungutse 6. Anita Pendo 7. Bienvenue Redemptus 8. Fiona Mbabazi 9. Paty Habarugira 10. Uwera Jean Maurice 11. Dj Bisosso 12. Gloria Mukamabano 13. Amandine Ndikumasabo 14. Juventune Muragijemariya 15. Lorenzo Musangamfura Ntabwo ari ibisanzwe!! Iki ni igihombo kuri RBA. 🇷🇼🎙️
Dushime Evode (Gladiator OG)47,424 次观看 • 4 个月前

🔴 | Abakobwa ba Shaddyboo. ✨ Mbabazi Shadia 'Shaddyboo' abinyujije kuri konti ye ya Instagram, ku wa Gatandatu , tariki ya 02 Gicurasi 2026 yagiye ahashyirwa ubutumwa bw'amasaaha 24 'Stories' , asangiza abamukurira aya mashusho yerekana ko abakobwa be Keza na Kaze bamaze gukura. Mu butumwa bwaherekeje aya mashusho, Shaddyboo yagize ati " Ibikomangomakazi byanjye" Abakobwa ba Shaddyboo mubahe imitima myinshi. ❤️❤️
Dushime Evode (Gladiator OG)27,916 次观看 • 2 个月前

When H.E President Paul Kagame says go home and sleep comfortably, it's because of the strongest trust he has for Rwanda Defense Forces. Their skills, knowledge, attitudes, commitment and everything is beyond what you can imagine. VIDEO of Today, 8th February 2026, Rwanda Defense Forces Marine Unit, giving vibes during the Rwanda Premier League Match between Marine FC Vs Al Merrikh SC, Rubavu District. 🇷🇼♥️ Maximum Respect to Rwanda Defense Forces, We love you and may God Bless you Abundantly. 🇷🇼♥️♥️♥️
Dushime Evode (Gladiator OG)44,720 次观看 • 5 个月前

🔴 | Mu ijoro ryakeye Miss Muyango Claudine yayoboye ibirori byasusurukije abasohokeye mu kabari ka ‘Touch Down Lounge’, gaherereye ku Kicukiro mu Mujyi wa Kigali. Muyango ni umwe mu bategarugori binjiza agatubutse mu Rwanda , binyuze mu kwakira ibirori bibera mu tubari ibizwi cyane nko gu ‘Hostinga’. Welcome to the G.o.o.d Life. 🇷🇼✨📈
Dushime Evode (Gladiator OG)20,743 次观看 • 2 个月前

Ese ni bande baba baziko ijwi ry'umukobwa uri muriyi ndirimbo ari irya Mama Gloria Mukamabano..!? Yari inshuti na baraperi kuko yashyize ijwi rye mu ndirimbo zigera ku 8 zose nziza za baraperi bazwi hano mu Rwanda. Iyo Uyu munsi Television Rwanda itamutwara yakabaye arimo gutanga stuff zimeze neza cyane mu muziki. 🇷🇼🎵👑
Dushime Evode (Gladiator OG)88,866 次观看 • 1 年前

9/1/1987 & 9/1/2026. 🎂♥️ Today he turns, 39 years old. 📈 Happy Birthday to one of the most skillful, talented , Megastar Rwandan Artist The Ben, THE BEN. 🐅 In this footage it was in 2010, on his birthday when he turned 23 years old and his friends surprised him with this Gift. 🇷🇼♥️👏 MUGISHA. ✨
Dushime Evode (Gladiator OG)33,429 次观看 • 6 个月前

🔴 | Umuraperi Lil G yaraye afashije umwana yasanze ku muhanda arimo gucuruza ubunyobwa mu masaaha y'igicuku. Lil G yafashe icyemezo cyo kugura ubunyobwa bwose uyu mwana yararimo gucuruza mu rwego rwo kumufasha kwiteza imbere, byabaye mu ijoro ryakeye tariki ya 17 Mata 2026 mu Mujyi wa Kigali. Lil G ari kubarizwa i Kigali kuva mu ntangiriro za Mata 2026, aho yagarutse avuye muri Polonye yari amaze imyaka ine atuye. Very Nice Gesture. 🇷🇼🤝 Umunota . 📖
Dushime Evode (Gladiator OG)18,471 次观看 • 3 个月前