IGIHE's banner
IGIHE's profile picture

IGIHE

@IGIHE865,774 subscribers

News & Media powerhouse based in Kigali, Rwanda. Follow: @Storykast_ | @inoventyk | @IGIHEKulture | @IGIHESports

Shorts

🚨Mutesi Scovia, Edouard Bamporiki na Isimbi Model banyuzwe n'igitaramo Ubwo korali Ambassadors of Christ Choir yari igeze ku ndirimbo ya bo ‘Nahuye na Mesiya’, umunyamakuru Mutesi Scovia, Edouard Bamporiki wakoze muri Guverinoma y’u Rwanda ndetse n'umunyamideli Isimbi Model banyuzwe cyane n'iyi ndirimbo. #IGIHEKulture 🎥: Dushime Evode (Gladiator OG)

🚨Mutesi Scovia, Edouard Bamporiki na Isimbi Model banyuzwe n'igitaramo Ubwo korali Ambassadors of Christ Choir yari igeze ku ndirimbo ya bo ‘Nahuye na Mesiya’, umunyamakuru Mutesi Scovia, Edouard Bamporiki wakoze muri Guverinoma y’u Rwanda ndetse n'umunyamideli Isimbi Model banyuzwe cyane n'iyi ndirimbo. #IGIHEKulture 🎥: Dushime Evode (Gladiator OG)

119,293 Aufrufe

🚨 Patrice Evra yitabiriye igitaramo Uwahoze ari myugariro w'Ikipe y'Igihugu y'u Bufaransa n'andi makipe arimo Manchester United na Juventus, Patrice Evra, yageze muri BK Arena aho yitabiriye igitaramo giherekeza ibirori byo #KwitaIzina21 cyatumiwemo umuhanzi Rema. #IGIHEKulture 🎥: Emmy rwanda ikinege

🚨 Patrice Evra yitabiriye igitaramo Uwahoze ari myugariro w'Ikipe y'Igihugu y'u Bufaransa n'andi makipe arimo Manchester United na Juventus, Patrice Evra, yageze muri BK Arena aho yitabiriye igitaramo giherekeza ibirori byo #KwitaIzina21 cyatumiwemo umuhanzi Rema. #IGIHEKulture 🎥: Emmy rwanda ikinege

29,443 Aufrufe

🚨AMAKURU AGEZWEHO🚨 Uwamariya Leontine wagize amanota ya mbere mu bizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye icyiciro rusange, 'Tronc Commun', yageze ku Cyicaro cya Ministeri y'Uburezi aherekejwe n'ababyeyi be aho agiye gushyikirizwa ibihembo bye. Uwamariya agiye guhabwa ibihembo bye nyuma y'uko atabonetse mu gikorwa cyo gutangaza ku mugaragaro amanota y'abanyeshuri bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza n'ay'icyiciro rusange 'Tronc Commun', cyabaye ku wa 20 Kanama 2026 ari na cyo cyatangiwemo ibihembo birimo mudasobwa, ibikoresho by'ishuri n'ibindi. #IGIHENews 🎥: Dushime Evode (Gladiator OG)

🚨AMAKURU AGEZWEHO🚨 Uwamariya Leontine wagize amanota ya mbere mu bizamini bya Leta bisoza amashuri yisumbuye icyiciro rusange, 'Tronc Commun', yageze ku Cyicaro cya Ministeri y'Uburezi aherekejwe n'ababyeyi be aho agiye gushyikirizwa ibihembo bye. Uwamariya agiye guhabwa ibihembo bye nyuma y'uko atabonetse mu gikorwa cyo gutangaza ku mugaragaro amanota y'abanyeshuri bakoze ibizamini bisoza amashuri abanza n'ay'icyiciro rusange 'Tronc Commun', cyabaye ku wa 20 Kanama 2026 ari na cyo cyatangiwemo ibihembo birimo mudasobwa, ibikoresho by'ishuri n'ibindi. #IGIHENews 🎥: Dushime Evode (Gladiator OG)

121,362 Aufrufe

🚨𝐀𝐌𝐀𝐊𝐔𝐑𝐔 𝐌𝐀𝐒𝐇𝐘𝐀🚨 Ashton Hall yahaye Ashton Small (Kagarara) igishoro cya 5000$ (arenga miliyoni 7,3 Frw) mu rwego rwo kumufasha kwiteza imbere. #IGIHENews

🚨𝐀𝐌𝐀𝐊𝐔𝐑𝐔 𝐌𝐀𝐒𝐇𝐘𝐀🚨 Ashton Hall yahaye Ashton Small (Kagarara) igishoro cya 5000$ (arenga miliyoni 7,3 Frw) mu rwego rwo kumufasha kwiteza imbere. #IGIHENews

86,920 Aufrufe

Umuvugizi w'Umujyi wa Kigali, Emma Claudine Ntirenganya hamwe n'abo mu muryango we bitabiriye igitaramo cya King James muri BK Arena, ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru. #IGIHEKulture 🎥: Dushime Evode (Gladiator OG)

Umuvugizi w'Umujyi wa Kigali, Emma Claudine Ntirenganya hamwe n'abo mu muryango we bitabiriye igitaramo cya King James muri BK Arena, ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru. #IGIHEKulture 🎥: Dushime Evode (Gladiator OG)

56,102 Aufrufe

🚨AMAKURU MASHYA🚨 Perezida Paul Kagame ageze muri Kigali Convention Centre ahagiye kubera inama y’iminsi ibiri yiswe ‘The Africa Mindset Reset Forum’. Iyi nama yateguwe n’Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere (African School of Governance) ryashinzwe ku gitekerezo cy’abarimo Perezida Kagame. Igamije kurebera hamwe uburyo imiyoborere n’imitekerereze byo muri Afurika byavugururwa kugira ngo uyu mugabane ubashe kugera ku iterambere. #IGIHENews

🚨AMAKURU MASHYA🚨 Perezida Paul Kagame ageze muri Kigali Convention Centre ahagiye kubera inama y’iminsi ibiri yiswe ‘The Africa Mindset Reset Forum’. Iyi nama yateguwe n’Ishuri Nyafurika ry’Imiyoborere (African School of Governance) ryashinzwe ku gitekerezo cy’abarimo Perezida Kagame. Igamije kurebera hamwe uburyo imiyoborere n’imitekerereze byo muri Afurika byavugururwa kugira ngo uyu mugabane ubashe kugera ku iterambere. #IGIHENews

22,623 Aufrufe

🚨𝐀𝐌𝐀𝐊𝐔𝐑𝐔 𝐌𝐀𝐒𝐇𝐘𝐀🚨 Ashton Hall yahaye Ashton Small (Kagarara), imodoka yo mu bwoko bwa KIA, ashimangira ko kugira ubumuga bitambura umuntu ubushobozi. #IGIHENews

🚨𝐀𝐌𝐀𝐊𝐔𝐑𝐔 𝐌𝐀𝐒𝐇𝐘𝐀🚨 Ashton Hall yahaye Ashton Small (Kagarara), imodoka yo mu bwoko bwa KIA, ashimangira ko kugira ubumuga bitambura umuntu ubushobozi. #IGIHENews

64,689 Aufrufe

🚨 AMAKURU AGEZWEHO🚨 Inkongi y’umuriro yafashe inyubako y’ubucuruzi izwi nka “Galerie Ndayizamba”, iherereye i Bujumbura mu gitondo cyo kuri uyu wa 21 Kanama. Abashinzwe ubutabazi batangiye kuyizimya ariko icyayiteye ntikiramenyekana. #IGIHENews

🚨 AMAKURU AGEZWEHO🚨 Inkongi y’umuriro yafashe inyubako y’ubucuruzi izwi nka “Galerie Ndayizamba”, iherereye i Bujumbura mu gitondo cyo kuri uyu wa 21 Kanama. Abashinzwe ubutabazi batangiye kuyizimya ariko icyayiteye ntikiramenyekana. #IGIHENews

23,846 Aufrufe

AMASHUSHO: Umuyobozi wungirije ushinzwe imibereho myiza mu Karere ka Nyagatare, Murekatete Juliet ni umwe mu bakiriye Bazongere Rosine banafatanya urugendo. Aha bari bageze ahitwa Ryabega, abanza gufata akayaga.

AMASHUSHO: Umuyobozi wungirije ushinzwe imibereho myiza mu Karere ka Nyagatare, Murekatete Juliet ni umwe mu bakiriye Bazongere Rosine banafatanya urugendo. Aha bari bageze ahitwa Ryabega, abanza gufata akayaga.

54,113 Aufrufe

IShowSpeed wageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku wa 9 Mutarama 2026, mu gitondo cyo ku wa 10 Mutarama 2026 yazindukiye muri Parike y’Igihugu y’Ibirunga.

IShowSpeed wageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku wa 9 Mutarama 2026, mu gitondo cyo ku wa 10 Mutarama 2026 yazindukiye muri Parike y’Igihugu y’Ibirunga.

35,051 Aufrufe

AMASHUSHO: Inyubako y'ikigo nyarwanda cy'ubuzima bushingiye ku muco, kiyoborwa n'umupfumu Nzayisenga Modeste uzwi nka Rutangarwamaboko, yafashwe n'inkongi y'umuriro.

AMASHUSHO: Inyubako y'ikigo nyarwanda cy'ubuzima bushingiye ku muco, kiyoborwa n'umupfumu Nzayisenga Modeste uzwi nka Rutangarwamaboko, yafashwe n'inkongi y'umuriro.

95,782 Aufrufe

Amarira ni menshi ku banyeshuri ba Path to Success School, basezeye kuri mugenzi wabo, Mugabo Kenny waguye mu mpanuka y'imodoka. Aha hari mu muhango wo kumusezeraho bwa nyuma wabereye kuri ADEPR Remera.

Amarira ni menshi ku banyeshuri ba Path to Success School, basezeye kuri mugenzi wabo, Mugabo Kenny waguye mu mpanuka y'imodoka. Aha hari mu muhango wo kumusezeraho bwa nyuma wabereye kuri ADEPR Remera.

33,541 Aufrufe

Perezida Kagame yifatanyije n'urubyiruko rwitabiriye Urugendo rwo Kwibuka, ruri kugana kuri BK Arena, ahakomereza Umugoroba wo Kwibuka.

Perezida Kagame yifatanyije n'urubyiruko rwitabiriye Urugendo rwo Kwibuka, ruri kugana kuri BK Arena, ahakomereza Umugoroba wo Kwibuka.

15,025 Aufrufe

🚨𝐀𝐌𝐀𝐊𝐔𝐑𝐔 𝐌𝐀𝐒𝐇𝐘𝐀🚨 Mu Rwanda hatangiye kugeragerezwa drones zitwara abantu, biba u bwa mbere bikozwe muri Afurika. Ni drones zizwi nka ‘eVTOL’ zikorwa n’Uruganda rwo mu Bushinwa rwa EHang. Imwe itwara abantu babiri, ikagendera ku butumburuke bwa metero 100. Ifite amapine 12 afashe ku maguru ane. Ifite ikoranabuhanga riyifasha gutahura imbogamizi mu kirere. U Rwanda ni urwa 21 iri gerageza ribereyemvo. Izi drones zikoresha amashanyarazi 100% zishobora kugenda intera y’ibilometero 30 ziri mu kirere, zikagenda iminota 25 itarashiramo umuriro. Uru ruganda mu mwaka ushize rwagurishije drones nk’izi 216, imwe igurwa ibihumbi 400$.

🚨𝐀𝐌𝐀𝐊𝐔𝐑𝐔 𝐌𝐀𝐒𝐇𝐘𝐀🚨 Mu Rwanda hatangiye kugeragerezwa drones zitwara abantu, biba u bwa mbere bikozwe muri Afurika. Ni drones zizwi nka ‘eVTOL’ zikorwa n’Uruganda rwo mu Bushinwa rwa EHang. Imwe itwara abantu babiri, ikagendera ku butumburuke bwa metero 100. Ifite amapine 12 afashe ku maguru ane. Ifite ikoranabuhanga riyifasha gutahura imbogamizi mu kirere. U Rwanda ni urwa 21 iri gerageza ribereyemvo. Izi drones zikoresha amashanyarazi 100% zishobora kugenda intera y’ibilometero 30 ziri mu kirere, zikagenda iminota 25 itarashiramo umuriro. Uru ruganda mu mwaka ushize rwagurishije drones nk’izi 216, imwe igurwa ibihumbi 400$.

10,538 Aufrufe

Videos