IGIHE's banner
IGIHE's profile picture

IGIHE

@IGIHE851,903 subscribers

News & Media powerhouse based in Kigali, Rwanda. Follow our Business units: @Storykast_ | @inoventyk @IGIHEKulture

Shorts

AMASHUSHO: Umuyobozi wungirije ushinzwe imibereho myiza mu Karere ka Nyagatare, Murekatete Juliet ni umwe mu bakiriye Bazongere Rosine banafatanya urugendo. Aha bari bageze ahitwa Ryabega, abanza gufata akayaga.

AMASHUSHO: Umuyobozi wungirije ushinzwe imibereho myiza mu Karere ka Nyagatare, Murekatete Juliet ni umwe mu bakiriye Bazongere Rosine banafatanya urugendo. Aha bari bageze ahitwa Ryabega, abanza gufata akayaga.

54,009 views

IShowSpeed wageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku wa 9 Mutarama 2026, mu gitondo cyo ku wa 10 Mutarama 2026 yazindukiye muri Parike y’Igihugu y’Ibirunga.

IShowSpeed wageze mu Rwanda mu ijoro ryo ku wa 9 Mutarama 2026, mu gitondo cyo ku wa 10 Mutarama 2026 yazindukiye muri Parike y’Igihugu y’Ibirunga.

35,043 views

Ayra Starr wageze i Kigali yasuhuje umufana we wavuye mu Karere ka Rubavu ari kumwe n'umubyeyi we bagiye kumwakira ku kibuga cy'indege i Kanombe, amarangamutima aramurenga asuka amarira.

Ayra Starr wageze i Kigali yasuhuje umufana we wavuye mu Karere ka Rubavu ari kumwe n'umubyeyi we bagiye kumwakira ku kibuga cy'indege i Kanombe, amarangamutima aramurenga asuka amarira.

38,810 views

Amarira ni menshi ku banyeshuri ba Path to Success School, basezeye kuri mugenzi wabo, Mugabo Kenny waguye mu mpanuka y'imodoka. Aha hari mu muhango wo kumusezeraho bwa nyuma wabereye kuri ADEPR Remera.

Amarira ni menshi ku banyeshuri ba Path to Success School, basezeye kuri mugenzi wabo, Mugabo Kenny waguye mu mpanuka y'imodoka. Aha hari mu muhango wo kumusezeraho bwa nyuma wabereye kuri ADEPR Remera.

33,541 views

🚨𝐀𝐌𝐀𝐊𝐔𝐑𝐔 𝐌𝐀𝐒𝐇𝐘𝐀🚨 Mu Rwanda hatangiye kugeragerezwa drones zitwara abantu, biba u bwa mbere bikozwe muri Afurika. Ni drones zizwi nka ‘eVTOL’ zikorwa n’Uruganda rwo mu Bushinwa rwa EHang. Imwe itwara abantu babiri, ikagendera ku butumburuke bwa metero 100. Ifite amapine 12 afashe ku maguru ane. Ifite ikoranabuhanga riyifasha gutahura imbogamizi mu kirere. U Rwanda ni urwa 21 iri gerageza ribereyemvo. Izi drones zikoresha amashanyarazi 100% zishobora kugenda intera y’ibilometero 30 ziri mu kirere, zikagenda iminota 25 itarashiramo umuriro. Uru ruganda mu mwaka ushize rwagurishije drones nk’izi 216, imwe igurwa ibihumbi 400$.

🚨𝐀𝐌𝐀𝐊𝐔𝐑𝐔 𝐌𝐀𝐒𝐇𝐘𝐀🚨 Mu Rwanda hatangiye kugeragerezwa drones zitwara abantu, biba u bwa mbere bikozwe muri Afurika. Ni drones zizwi nka ‘eVTOL’ zikorwa n’Uruganda rwo mu Bushinwa rwa EHang. Imwe itwara abantu babiri, ikagendera ku butumburuke bwa metero 100. Ifite amapine 12 afashe ku maguru ane. Ifite ikoranabuhanga riyifasha gutahura imbogamizi mu kirere. U Rwanda ni urwa 21 iri gerageza ribereyemvo. Izi drones zikoresha amashanyarazi 100% zishobora kugenda intera y’ibilometero 30 ziri mu kirere, zikagenda iminota 25 itarashiramo umuriro. Uru ruganda mu mwaka ushize rwagurishije drones nk’izi 216, imwe igurwa ibihumbi 400$.

10,538 views

kasiro AMASHUSHO: Bwiza uri ku rutonde rw’abahanzi bagomba gususurutsa abitabiriye iki gitaramo ageze ku rubyiniro. Yahereye ku ndirimbo ‘Ogera’ yakoranye na Bruce Melodie, yishimirwa na benshi bitabiriye iki gitaramo.

kasiro AMASHUSHO: Bwiza uri ku rutonde rw’abahanzi bagomba gususurutsa abitabiriye iki gitaramo ageze ku rubyiniro. Yahereye ku ndirimbo ‘Ogera’ yakoranye na Bruce Melodie, yishimirwa na benshi bitabiriye iki gitaramo.

14,151 views

Videos