Загрузка видео...
Не удалось загрузить видео
Uremeranya na Evode? Evode Uwizeyimana avuga ko atumva ukuntu umuntu utarigeze ayobora abaskuti aho yize atekereza kuyobora igihugu Ati '[U Rwanda] rugeze aho rwayoborwa Diane, na Barafinda!' Agasaba ko Komisiyo y'amatora yashyiraho ibisabwa bikomeye cyane ku muntu ushaka kuyobora Abanyarwanda.
52,353 просмотров • 2 лет назад •via X (Twitter)
Комментарии: 9

Kandi ubu aziko twabyibagiwe!

We se! Ki yageze Aho Ari ataruko avugije induru kuri BBC niyiturize turamuzi

Ariko ibyo avuga birimo amarangamutima menshi kuko Itegeko Nshinga rirabisobanura mu ngingo ya 27 ndetse uyihuje n'ingingo ya 105 wabona igisubizo kuko ububasha n'ubushobozi bavuga mw'itegeko ntitwaburebera ku muntu wayoboye Akagali niko ntekereza ariko byazakomeza gusuzumwa Setu

Aravuga ukuri

He's pandering to the media just to get into the next administration 🙂 he's not fooling anyone we see through you tuba twagucishijemo ijisho and again talking to much is not confidence don't get it twisted we see you for what you truly are

Ntabwo nemeranya na @EvodeU rwose!Gutanga Candidature ni uburenganzira bwa buri munyarwanda.Ahubwo mu bushishozi Itegeko nshinga riha Commission y'amatora niyo ireba iti uyu ibye birasobanutse undi we ibye ni Comedy nakomeze muri Comedy zee ntiyemerewe kwiyamamaza!

@EvodeU , Dushobora kuba twarigeze kubibona kimwe🤔

Buriya rero uretse kwirengagiza, kuyobora igihugu si ikintu cyoroshye Ku buryo umuntu yabyuka mugitondo ngo abirote. Njye ndemeza ko ibyo avuga ari ukuri ni na yo mpamvu mbona bidasaba amashuli menshi ahubwo bisaba ubushishozi, ubunararibonye n'umutimanama.

Daine is far better than you who is making noise 🔊 🤷♀️
